Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Icyamamare Zari Yageze Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Icyamamare Zari Yageze Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 December 2023 4:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Zari Hassan umwe mu bagore b’ibyamamare kurusha abandi muri Afurika y’Uburasirazuba yageze i Kigali ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane.

Azanywe no kwitabira igitaramo cy’abambaye ibyera bita ‘White Party’ giteganyijwe kubera muri kamwe mu tubari two mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo.

Iki gitaramo kizaba ku wa Gatanu, taliki 29 Ukuboza 2023.

Zari ageze mu Rwanda hashize igihe gito hari amashusho ye avuga ko hari abajura baherutse kumwiba.

Yavuze ko azakorana na Polisi ya Uganda abamwibye bagafatwa.

Mu butumwa bwe yavuze ko umwe mu bamurinda abajura bamutemye ugutwi ariko akemeza ko hari icyizere ko azakira.

Zarinah Hassan akunze kuba muri Afurika y’Epfo aho afite ibikorwa binini by’ubucuruzi.

Yavutse mu mwaka wa 1980, akaba akomoka ahitwa Jinja muri Uganda.

Umugabo we bamaranye igihe ni nyakwigendera Ivan Semwanga babyaranye abana bane.

Abo bana ni  Latifah Dangote, Pinto Semwanga, George Semwanga na Dido Semwanga.

Icyakora uyu mugore yigeze no gukundana na Diamond Platnumz babyarana abana babiri.

 

TAGGED:AkabariIcyamamareIgitaramoZari
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imikoranire Ya BK Na BDF Mu Gufasha Imishinga Mito N’Iciriritse
Next Article Abandi Bimukira Bavuye Muri Libya Bageze Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Umurundi Kirikou Akili Ukunzwe Mu Rwanda Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?