Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igice Cy’Umuhanda Masaka-Kabuga Kirafunzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Igice Cy’Umuhanda Masaka-Kabuga Kirafunzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 September 2021 10:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umujyi wa Kigali watangaje ko hari igice cy’umuhanda uva Masaka uhana i Kabuga gifunzwe. Gifunzwe kubera ko hari imiyoboro y’amazi iri kuhubakwa.

Itangazo Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali ryigira riti: ‘Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buramenyesha abawutuye n’abawugendamo bose ko hari imirimo yo kubaka imiyobororo y’amazi ku muhanda Masaka Kabuga(NR3) bityo igice cy’umuhanda kiri hagati ya Masaka na Kabuga kikaza kuba gifunze.’

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabwiye Taarifa ko umuhanda uva Kigali ujya i Kabuga akomeza gukoreshwa ariko abashoferi bagera aho biriya bikorwa biri gukorerwa bakaza kwerekwa n’abapolisi aho bari bukatire.

Ati: “ Nibagera abo bari kuyoborera amazi barahasanga abapolisi babereke aho bari bukatire bazamuke bagere i Kabuga.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Igice gifunzwe kiri ahitwa kuri 19

Amakuru twahawe n’umwe mu batuye i Kabuga witwa Gashagaza avuga ko imodoka ziva i Kabuga ari zo ziri gukoresha umuhanda usanzwe ariko ngo izindi zo ziri kuzamukira ku cyicaro cya FPR-Inkotanyi muri Rusororo zigakomeza zijya i Kabuga.

Ngo umuhanda bari gutunganya uhera ahitwa 19.

TAGGED:featuredKaberaKabugaKigaliMasakaPolisiUmujyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RURA Yanenzwe Kwica Amategeko
Next Article Israel Yongeye Kugaba Ibitero Muri Gaza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?