Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Impanuro Ya Perezida Kagame Ku Rubyiruko Rw’Afurika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Impanuro Ya Perezida Kagame Ku Rubyiruko Rw’Afurika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 August 2023 6:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yabwiye urubyiruko 200 rwaturutse hirya no hino muri Afurika ko rudakwiye guhora rwibutswa ko rushoboye.

Rwaje kwitabira isabukuru y’imyaka 20 ishize hashinzwe Umuryango Giants of Africa.

Yarubwiye ko igihe kigeze ngo rutangire gukora ibikomeye no gutanga umusanzu warwo mu kubaka Afurika.

Hari mu muhango wo gutangiza iserukiramuco rigomba kumara Icyumweru ribera mu Rwanda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Perezida Paul Kagame yababwiye ko kwiyemeza gukora ibikomeye ari byo bizatuma baba ibihangange( Giants) by’Afurika kuko bifitemo ubwo bushobozi.

Ni ubushobozi bushingiye ku mpano zikomeye bityo ngo amahitamo meza yabo niyo azabagira abo bashaka kuba bo n’icyo bashaka ko Afurika iba cyo.

Umuryango Giants of Africa usanzwe ufasha urubyiruko rwa Afurika kuzamura impano muri Basketball.

Washinzwe n’Umunya Canada ukomoka ku babyeyi bo muri Afurika ni ukuvuga muri Kenya na Nigeria.

Uwo ni Masai Ujiri.

- Advertisement -

Asanganywe ikipe yitwa Toronto Raptors yo muri Canada ikina muri Shampiyona ya Basketball ya Amerika (NBA).

Uyu mugabo yibukije urwo rubyiruko ko Abanyafurika ari abantu ib’bihangange kandi ko ibyinshi mu bikoreshwa ku yindi migabane byose bituruka kuri uyu Mugabane harimo n’impano yo gukina Basketball.

Ujiri yashimiye Perezida Kagame ko amubereye inshuti ikomeye n’umujyanama.

Abaturutse muri DRC
Urubyiruko rwa Kenya
Abo muri Nigeria
Senegal
Somalia nayo ntiyahatanzwe
Ngabo abo muri Sudani y’Epfo
Abanyarwanda baberewe mu myikenyero no mu myitero

[email protected]/photos/paulkagame.

TAGGED:AfurikaBasketballfeaturedIbihangangeKagameUjiriUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rayon Sports Ibabaje APR FC Yikurikiranya
Next Article Ubucuruzi, Umutekano…Ingingo Zihangayikishije Kenya Na Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?