Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kasese Muri Uganda Habereye Impanuka Yishe Abantu 32
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kasese Muri Uganda Habereye Impanuka Yishe Abantu 32

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 February 2021 11:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijoro ryakeye ahitwa Kasese mu Burengerazuba bwa Uganda habereye impanuka yahuje imodoka eshanu zagonganye igwamo abantu 32 abandi batanu barakomereka.

Nation Africa yanditse ko byabaye ahagana mu masaha yo ku wa Kabiri tariki 02, ashyira tariki 03, Gashyantare, 2021.

Umwe mu bakozi b’Umuryango Utabara Imbabare muri Uganda witwa Irene Nakasiita yavuze ko iriya mpanuka yatewe n’ikamyo yari itwaye abagenzi benshi iza gukubita indi modoka yari iyiciye ku ruhande nayo ikubita izindi gutyo gutyo…

Yagize ati: “ Uyu muhanda ni muto kandi wari ukirimo kubakwa. Amakamyo abiri yavaga Kasese araza agonga izindi kamyo zari aho bakoraga umuhanda, zikizigonga haza izindi ebyiri nazo biba uko. Izi ebyiri za nyuma zari ziturutse ahitwa Bundibugyo.

Irene Nakasiita avuga ko imirambo y’abapfuye hamwe n’abakomeretse bose bajyanywe ku bitaro bya Kilembe.

Bivugwa ko muri Uganda haba impanuka zo mu muhanda zitari munsi ya 20 000 zikagwamo abantu batari mu nsi ya 2 000 ku mwaka.

TAGGED:featuredImpanukaKaseseUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri Soraya na Gatete Mu Ba Mbere RwandAir Yajyanye i Bangui
Next Article King James Yakoranye Indirimbo n’Umuhanzi ‘Ukizamura Impano’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?