Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Gihe Kitageze Ku Masaha 24 Indi Modoka Ihiriye I Nyamata
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Gihe Kitageze Ku Masaha 24 Indi Modoka Ihiriye I Nyamata

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 August 2021 10:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri gare ya Nyamata, imodoka yo mu bwoko bwa Hiace isanzwe itwara abagenzi irahiriye.

Yari igiye kwifashishwa mu gutwara abanyeshuri bari kujya gitangira amasomo.

Nta muntu wayigiriyemo ikibazo.

Abaturage bari kugerageza kuzimya

Iyi tagisi ihiye nyuma y’uko mu masaha y’igicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki 01, Kanama, 2021 indi vatiri nayo yahiriye i Rugende aho amakamyo aparika ava cyangwa I Kigali yerekeza cyangwa ava mu Burasirazuba.

Umwe mu baturage wari uciye ku muhanda uva Kigali ugana Rwamagana mu Burasirazuba yasanze imodoka y’ivatiri iri gushya ariko Polisi iratabara irayizimya.

Iyi yaraye ihiriye Rugende aho amakamyo akunda guparika

Polisi yatabaye isanga hari igice kinini cyayo cyahiye.

Abari bayirimo basohotsemo itarafatwa cyane.

TAGGED:featuredGushyaimodokaNyamataPolisiRwamagana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Suluhu Yageze I Kigali
Next Article Abatalibani ‘Bari Hafi’ Kwigarurira Afghanistan Yose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigega Mpuzamahanga Cy’Imari Gifitiye ‘Umugambi’ Mozambique

Kabarebe Yahererekanyije Ububasha Na Kaitesi

Gakenke: Yafatanywe Ibilo 17 By’Urumogi Na Litiro 14 Za Kanyanga

Venezuela Ivuga Ko Trump Nta Kindi Ayishakaho Kitari Petelori

Umuryango Africa’s Business Heroes Urateganya Kwigisha Guhanga Imishinga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

You Might Also Like

Mu Rwanda

Ingabo Z’u Burundi Ziri Muri DRC Zirenga 20,000- Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Perezida Kagame Ararahiza Abaherutse Guhabwa Inshingano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Abasura Kibeho Babura Aho Bavunjisha Amadolari

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Impuguke Z’Abashinwa Zaganiriye Na FPR Inkotanyi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?