Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mafoto: Umugabo w’Umwamikazi Elisabeth II Yashyinguwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Mu Mafoto: Umugabo w’Umwamikazi Elisabeth II Yashyinguwe

admin
Last updated: 18 April 2021 10:33 am
admin
Share
SHARE

Igikomangoma Philip wari umaze imyaka 73 ari umugabo w’Umwamikazi Elisabeth II w’u Bwongereza yashyinguwe, mu muhango wabaye mu muhezo kuri uyu wa Gatandatu.

Yabanje gusezerwago mu isengesho ryabereye muri Chapelle yitiriwe Mutagatifu George, iri mu bice by’ingoro y’ubwami ya Windsor.

Ni umuhango wari watumiwemo abantu 30 kubera ingamba zashyizweho n’u Bwongereza zo kwirinda icyorezo cya COVID-19. Abo barimo abantu bakomeye mu muryango w’ibwami, abantu babo ba hafi n’inshuti za Philip.

Umurambo we watwawe muri Land Rover yagize uruhare mu gusushanya, igenda igaragiwe n’abana be, inyuma hakurikiraho umuryango we.

Umwamikazi Elisabeth II yahageze mu gihe cye wenyine, ndetse mu gihe cy’isengesho yari yicaye ukwe.

Philip yitabye Imana ku wa 9 Mata, afite imyaka 99.

Abantu benshi bashyize indabo ahantu hamwe mu kumuherekeza
Hakozwe akarasisi mu kumuherekeza bwa nyuma
Umurambo watwawe na Land Rover
Amafarashi abiri ya Philip nayo yajyanywe mu kumuherekeza
Ubwo umurambo wa Philip wajyanwaga muri Chapelle ya St George
Ubwo umurambo wa Philip winjizwaga mu rusengero
Umwamikazi Elisabeth II yahageze ukwe
Igikomangoma Charles hamwe n’umugore we
Umwamikazi Elisabeth II yari yicaye wenyine mu rusengero
Imidali ye yari yashyizwe ahirengeye
Uyu mugabo n’umugore bakurikiye umuhango kuri smartphone
Mu muhango wo gushyingura, bamwe bategerereje hanze
Uburyo bwo kurasa bwakoresheje mu kumuherekeza
TAGGED:Elisabeth IIfeaturedPhilip
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Impamvu COVID-19 Yishe Uruhinja Rw’Amezi Atanu I Gisagara
Next Article SpaceX Yatsindiye Kubaka Ikigendajuru Kizasubiza Abanyamerika Ku Kwezi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ish Kevin Yinjiye Mu Bufatanye N’Ikigo Gikomeye Gicuruza Umuziki Ku Isi

CNDD-FDD Ishima Ibyo Yagejeje Ku Gihugu, Abayirwanya Bakayinyomoza

Afghanistan: Umutingito Wishe Abantu 600

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?