Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhoozi Arashaka Kurasa Abacanshuro Bo Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muhoozi Arashaka Kurasa Abacanshuro Bo Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2024 8:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Gen Muhoozi avuga ko azarasa abacanshuro b'Abazungu bakorera muri DRC
SHARE

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko guhera tariki 02, Mutarama, 2025 ingabo ze zizarasa abacanshuro b’Abazungu bakorera mu bice bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho Uganda yohereje abasirikare bayo.

Uganda ifite abasirikare babarirwa mu bihumbi yohereje muri kiriya gihugu ngo bagifashe kurwanya ADF.

General Muhoozi yanditse kuri X ko ari gutanga umuburo wa nyuma kuri abo bacanshuro, ababwira ko bakwiye kureka ibyo barimo niba bashaka amahoro.

Kuri X yatangaje ati: “ Ubu ndaburira bwa nyuma abacanshuro b’Abazungu bakorera mu bice ingabo zanjye zirimo ko bakwiye kubicamo. Guhera tariki 02, Mutarama, 2025 tuzatangira kubagabaho ibitero”.

Abo bacanshuro bamaze igihe kirekire bakorana n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu ntambara zirwana na M23.

Hari amakuru avuga ko Muhoozi ateganya kuzajya muri DRC kuganira na Perezida Tshisekedi ku ngingo y’uburyo yaganira na Perezida Kagame ngo amahoro asagambe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

TAGGED:AbacanshuroIngaboMuhooziTshisekediUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafashe Abashakaga Kugurisha Ubutaka Bw’Undi Bamwiyitiriye
Next Article Dr. Ngirente Yakiriye Abahanga Mu By’Ingufu Za Nikeleyeri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?