Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ruhango: Abanyeshuri Baguye Muri Nyabarongo Barapfa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ruhango: Abanyeshuri Baguye Muri Nyabarongo Barapfa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 July 2023 2:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Niyomukiza Eric na Niyomugabo Claude bigaga mu  Mashuri abanza yo ku Murenge wa Kinihira barohamye mu Mugezi wa  Nyabarongo barapfa. bahasiga ubuzima.

Eric yari afite  imyaka 11 y’amavuko n’aho Niyomugabo akagira imyaka icyenda y’amavuko.

Bose iwabo hari mu Mudugudu wa Nyabivumu, Akagari ka Bweramvura Umurenge wa Kinihira mu Karere ka Ruhango.

UMUSEKE wanditse ko amakuru ukesha abaturage b’aho abo bana babaga avuga ko bari bagiye kwahira ubwatsi bw’amatungo nyuma  bashaka koga muri Nyabarongo irabatwara.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kinihira Uwamwiza Jeanne D’Arc avuga ko  urupfu rw’abo bana rwabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, saa kumi n’igice.

Avuga ko barangije amasomo bajya kwahirira ubwatsi amatungo y’ababyeyi babo bageze ku mugezi bashaka kwidumbaguza.

Ubwo bashokaga amazi yahise abatwara kubera ko batari bazi tekiniki zo koga mu mazi atemba.

Gitif Uwamwiza ati: “Ababarohoye basanze barangije kwitaba Imana, ubu imirambo yabo yajyanywe mu Bitaro.”

Yihanganishije ababyeyi b’aba bana.

Imirambo y’abo bana iri mu buruhukiro mu bitaro bya Gitwe kugira ngo ikorerwe isuzuma.

TAGGED:AbanaAmazifeaturedGitifuImiramboNyabarongoUmugezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umujyanama W’Ubuzima Arasaba Ko Ambulance Zongerwa
Next Article DRC: Uwigeze Kuba Minisitiri Yishwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?