Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ruhango: Abanyeshuri Baguye Muri Nyabarongo Barapfa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ruhango: Abanyeshuri Baguye Muri Nyabarongo Barapfa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 July 2023 2:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Niyomukiza Eric na Niyomugabo Claude bigaga mu  Mashuri abanza yo ku Murenge wa Kinihira barohamye mu Mugezi wa  Nyabarongo barapfa. bahasiga ubuzima.

Eric yari afite  imyaka 11 y’amavuko n’aho Niyomugabo akagira imyaka icyenda y’amavuko.

Bose iwabo hari mu Mudugudu wa Nyabivumu, Akagari ka Bweramvura Umurenge wa Kinihira mu Karere ka Ruhango.

UMUSEKE wanditse ko amakuru ukesha abaturage b’aho abo bana babaga avuga ko bari bagiye kwahira ubwatsi bw’amatungo nyuma  bashaka koga muri Nyabarongo irabatwara.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kinihira Uwamwiza Jeanne D’Arc avuga ko  urupfu rw’abo bana rwabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, saa kumi n’igice.

Avuga ko barangije amasomo bajya kwahirira ubwatsi amatungo y’ababyeyi babo bageze ku mugezi bashaka kwidumbaguza.

Ubwo bashokaga amazi yahise abatwara kubera ko batari bazi tekiniki zo koga mu mazi atemba.

Gitif Uwamwiza ati: “Ababarohoye basanze barangije kwitaba Imana, ubu imirambo yabo yajyanywe mu Bitaro.”

Yihanganishije ababyeyi b’aba bana.

Imirambo y’abo bana iri mu buruhukiro mu bitaro bya Gitwe kugira ngo ikorerwe isuzuma.

TAGGED:AbanaAmazifeaturedGitifuImiramboNyabarongoUmugezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umujyanama W’Ubuzima Arasaba Ko Ambulance Zongerwa
Next Article DRC: Uwigeze Kuba Minisitiri Yishwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?