Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Leta Imaze Guha Abaturage Toni 426 Z’Ibiribwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Rwanda: Leta Imaze Guha Abaturage Toni 426 Z’Ibiribwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 May 2023 2:12 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi 11 ishize, Leta y’u Rwanda yahaye abagizweho ingaruka n’ibiza ibiribwa bingana na toni 426.

RBA yanditse ko kugeza ubu abantu bagera ku 20,000 bavanywe m byabo n’ibizi bakaba bacumbikwe ahantu( sites) 83.

Nyuma gato y’uko byibasiye abatuye Intara z’Iburengerazuba, Iy’Amajyepfo ndetse n’Iy’Amajyaruguru, Perezida Kagame Paul yatangaje ko Guverinoma izakora ibishoboka byose ikagoboka abo byashegeshe.

Yavuze ko Leta izasana ibishobika, ariko ibidashoboka hakubakwa ibindi bishya.

Kuri uyu wa Gatanu taliki 13, Gicurasi, 2023 yasuye abo mu Karere ka Rubavu nabo ababwira ko Leta izakomeza kubaba hafi kandi ko ibikorwa remezo birimo amashuri, amavuriro, amasoko n’ibindi byangiritse, Leta izabisana.

Imvura yaguye hafi mu Byumweru bibiri bishize, yahitanye abantu 131 biganjemo abo mu Ntara y’Iburengerazuba.

Abo mu Karere ka Rubavu bahuriye na Perezida Kagame mu Murenge wa Rugerero.

Bamushimiye ko yaje kubaba hafi mu byago bahuye nabyo kandi akaba yongeye kubakomeza agatima abereka ko Guverinoma ayoboye izatuma ubuzima bwabo bwongera kugenda neza.

U Rwanda rusanganywe ikigega cy’ibiribwa cy’ingoboka kitwa National Strategic Grain Reserve.

TAGGED:AbaturagefeaturedGuverinomaIbiribwaIbizaKagameRubavu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyarwandakazi Muri Filimi Imwe Na Lupita Nyong’o
Next Article Umubare W’Abahitanywe N’Ibiza Mu Rwanda ‘Wiyongereye’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

General Kabandana Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?