Mu bice bya Karenga na Karuli hagati ya Pariki y’Ibirunga na Teritwari ya Nyiragongo, amasasu aravuza ubuhuha hagati y’abarwanyi ba M23 n’ingabo za DRC. Aho imirwano...
Umuvugizi w’ingabo za DRC witwa Major General Sylvain Ekenge avuga ko abarwanyi ba M23 banze gusubira mu birindiro bahozemo byo mu Birunga bya Sabyinyo nk’uko bikubiye...
Mu gihe bisa nk’aho nta handi abayobozi ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bahanze amaso uretse kuri M23, mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bw’iki gihugu abaturage bari...
Umukuru w’ Rwanda yabwiye abanyacyubahiro bari baje mu muhango wo kwakira indahiro ya Dr. Sabin Nsanzimana na bagenzi be bamaze iminsi mike bashyizwe muri Guverinoma ko...
Abantu batanu barimo abarwayi batatu ba Maï-Maï ndetse n’abasirikare babiri b’ingabo za DRC baguye mu mirwano yaraye ibereye hafi y’urugo rw’Umuyobozi wungirije w’ingabo muri Butembo mu...