Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yasabye ko uburezi buhuzwa n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, nk’uburyo bwafasha Afurika kubyaza umusaruro amahirwe atangwa n’amasezerano ashyiraho isoko rusange, AfCFTA. Kuri...
Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasimbuye Urukiko mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT) Serge Brammertz, yasoje uruzinduko muri Zimbabwe, mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru bigamije gushaka ubufatanye...
Umupasiteri ufite inkomoko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo aherutse gukatirwa gufungwa imyaka 37 nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo gufata ku ngufu abagore abizeza ko nabasambanya,...
Jacob Zuma wahoze ayobora Afurika y’Epfo yarekuwe by’agateganyo, kubera impamvu z’ubuzima bwe butameze neza muri iyi minsi. Zuma yari amaze ukwezi mu bitaro, akaba agomba kujyanwa...
Guverinoma ya Botswana yiyongereye ku bihugu birimo kwikoma Perezida wa Komisiyo ya Afurika yunze Ubumwe (AU), Moussa Faki Mahamat, bimushinja gufata icyemezo cyo kwakira Israel nk’indorerezi...