Urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga mpanabyaha, IRMCT, rwatangaje ko rukomeje gukurikirana uburyo Protais Mpiranya wahoze akuriye abasirikare barindaga Perezida Habyarimana, yaba yifashisha ibikorwa by’ubucuruzi mu gukomeza kwihisha...
Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bw’Intara ya Gauteng yo muri Afurika y’Epfo rivuga ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari umugore wo muri iyo Leta wabyaye abana 10 atari...
Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasigariye inkiko mpuzamahanga mpanabyaha, Serge Brammertz, yavuze ko bafite akazi gakomeye ko gushakisha abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ariko hari ibihugu byabimye...
RwandAir yatangaje ko igiye gusubukura ingendo zigana i Lusaka muri Zambia na Johannesburg muri Afurika y’Epfo, zaherukaga guhagarikwa kubera ubwoko bushya bwa Coronavirus bwagaragaye muri ibyo...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 18, Ukuboza, 2020 Perezida Paul Kagame yakiriye inyandiko zemerera ba Ambasaderi bashya guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda. Ba...