Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yanduye COVID-19, ubu arimo gukurikiranirwa hafi n’abaganga ba gisirikare. Ramaphosa yapimwe ubwo yari atangiye kumva atameze neza, biza kugaragara ko...
Kuri uyu wa Mbere tariki 29, Ugushyingo, 2021 ubuyobozi bwa RDB n’ubwo Pariki y’Akagera byeretse abanyamakuru inkura 30 ziswe ko zera ziherutse gukurwa muri Afurika y’Epfo...
Inzego z’ubuzima hirya no hino ku isi zifite amakenga adasanzwe kubera virus ya SARS-CoV-2 yihinduranyije, yahawe izina rya B.1.1.529. Isesengura ryimbitse ry’ubwandu bwa COVID-19 bugenda buboneka...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yasabye ko uburezi buhuzwa n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, nk’uburyo bwafasha Afurika kubyaza umusaruro amahirwe atangwa n’amasezerano ashyiraho isoko rusange, AfCFTA. Kuri...
Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasimbuye Urukiko mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT) Serge Brammertz, yasoje uruzinduko muri Zimbabwe, mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru bigamije gushaka ubufatanye...