Forbes Magazine yanditse ko umuraperi w’Umunyamerika witwa Kanye West atakibarizwa mu baherwe batunze Miliyari y’Amadolari y’Amerika kubera ko ibigo byakoranaga nawe byahagaritse imikoranire. Ngo amaze guhomba...
Mu Murenge wa Gisenyi ahitwa Gasutamo haherutse gufatirwa abasore bakoraga ubuvunjayi budakurikije amategeko. Umwe mu bavunjayi bakorera i Kigali witwa Dieudonné Mazimpaka avuga ko abavunjayi bemewe...
Aurore Kayibanda Mutesi wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2012 aherutse gukora ikosa umuntu adashobora gutekereza ko ryakorwa n’umukobwa nkawe! Yasize $10,000 mu modoka arakinga...
Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije n’Ikigega OPEC kigamije iterambere mpuzamahanga yaraye ishinye amasezerano yemerera u Rwanda umwenda wa Miliyoni $ 18 ni ukuvuga Miliyari Frw 18 azashyirwa...
Ibi byasohotse muri Raporo yitwa Africa Wealth Report 2022 isohorwa n’Ikigo Henley & Partners. Iki kigo kivuga ko igihugu cya mbere muri Afurika gifite abaturage benshi...