Mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bw’u Bushinwa hazindutse habera impanuka y’indege ya Boeing -737 yari irimo abagenzi 133 ariko nta makuru aratangazwa ku bayiguyemo. Ni iy’ikigo gitwara...
Umukozi w’Akarere ka Kicukiro ushinzwe itumanaho yagiye muri rumwe mu nganda z’Abashinwa rukora imodoka z’amashanyarazi n’ibindi binyabiziga, kuhinjira biramugora. Igitangaje ni uko ngo batari bazi ko...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zanze ko uburyo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzuma, OMS/WHO, ryari risanzwe ribonamo amafaranga yo gukoresha buhinduka. Hari ibihugu byinshi bisaba ko...
Amakuru ducyesha Ikigo gishinzwe kuhereza hanze ibikomoka ku buhinzi, NAEB, avuga ko hari ibigo bitandatu bicuruza ikawa byagiye Abu Dhabi muri Leta ziyunze z’Abarabu mu imurikagurisha...
Mu kiganiro twagiranye na Ambasaderi James Kimonyo yatubwiye ko kuri uyu wa Gatanu tariki 07, Mutarama, 2022 yagemuriye urugo rw’Umushinwa ikawa y’u Rwanda ngo asomeho yumve...