Banki ihuza abakora mu nzego z’umutekano, Zigama CSS, yihaye intego ko mu mwaka utaha wa 2022 izinjiza miliyari 69.9 Frw zivuye kuri miliyari 54.2 Frw zinjiye...
Perezida Paul Kagame yashimye abatanga imisoro neza kuko bifasha mu guteza imbere igihugu, anakebura abayikwepa kandi bafite ibikorwa bikwiye kuba biyitanga. Kuri uyu wa Gatanu nibwo...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko mu Ntara y’Iburasirazuba hakusanyijwe amafaranga aturuka mu misoro n’andi atari imisoro angana na miliyari 35.7 Frw, ku ntego ya miliyari...
Ikigo cy’Imisoro n’amahoro (RRA) cyatangaje ko nubwo hari mu bihe bigoye bya COVID-19, Intara y’Amajyepfo yatanze imisoro ya 44.5 Frw, irenza intego yari yahawe ku gipimo...
Umuyobozi mukuru wungirije w’Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro Bwana Jean-Louis Kaliningondo yabwiye abaje mu muhango wo gushimira abasora neza ko n’ubwo u Rwanda rwahuye n’ibibazo byatewe na...