Nyuma y’uko Ikigo cy’imisoro n’amahoro na Polisi y’u Rwanda baburiye abacuruzi ko bagomba kujya batanga inyemezabwishyu za EBM, kuri uyu wa Gatatu( mu minsi itageze ku...
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cyasohoye imyanzuro ikomeye irimo ko umuguzi uzemera indi nyemezabwishyu itari EBM azajya yamburwa ibyo yaguze bigatezwa cyamunara. Uwabimucuruje azahanwa harimo no gukurikiranwaho...
Kubera ko isi iri kwihuta mu ikoranabuhanga, abashinzwe gukusanya imisoro n’amahoro nabo bavuga ko uru rwego rutagomba gusigara inyuma. Ni muri uru rwego i Kigali hari...
Perezida William Ruto na mugenzi we wa Tanzania Samia Suluhu Hassan biyemeje gukuraho imwe mu misoro ku bicuruzwa by’ingenzi abatuye ibi bihugu bari bakenera. Ruto aherutse...
Abacuruza imyenda mu buryo bwemewe n’amategeko bavuga ko babangamirwa n’abayinjiza iya caguwa kandi mu buryo bwa magendu. Kubangamirwa kwabo biterwa n’uko basora abandi bagakwepa imisoro bityo...