Guhera taliki 19 kugeza taliki 21, Kamena, 2022 mu Rwanda hari kubera Inama y’urubyiruko rwo mu Muryango w’Ibihugu bivuga Icyongereza. Izigirwamo uko abayitabiriye bakunganirana binyuze mu...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri yaraye iteranye ni uko uwari ushinzwe ubukerarugendo mu kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, witwa Ariella Kageruka asimburwa na Madamu...
Mu rwego rwo kuzaha serivisi nziza abazitabira Inama ya CHOGM izatangira taliki 21, ikazageza taliki 26, Kamena, 2022 abakorera ku giti cyabo bavuga ko bashyizeho uburyo...
Abagore bibumbiye mu Muryango utari uwa Leta ugamije uburenganzira n’iterambere ry’Abanyarwandakazi Rwanda Women’s Network bagiranye inama n’umukozi wa Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango witwa Emmanuel Ntagozera ababwira...
Mbere gato y’uko hatangira Inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’ikoranabuhanga mu itumanaho, Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo yasinyanye n’Ihuriro mpuzamahanga ry’abahanga mu byogajuru amasezerano y’imikoranire. Ni amasezerano...