Dr.Jean Claude Semuto Ngabonziza ni Umyunyarwanda w’imyaka 40 y’amavuko. Aherutse kuvumbura ubwoko butari buzwi bw’agakoko gatera igituntu kandi avumbura n’uburyo bwo kukarwanya. Ni ibintu avuga ko...
Ubuyobozi bw’umurwa mukuru wa Koreya ya ruguru witwa Pyongyang bwategetse abaturage kuguma mu ngo zabo mu gihe cy’iminsi itanu(5)birinda kwanduzanya indwara ‘yandurira mu buhumekero.’ Nta zina...
Jane Uwimana umwe mu bari gukurikiranira hafi ubuzima bw’umuhanzi w’umukambwe Abdul Makanyaga avuga ko uyu mugabo ari gutora akabaraga. Mu masaha make ashize hari urubuga nkoranyambaga...
Abatuye mu mijyi bakunze kuvuga ko imibereho yabo itabemerera mu buryo bworoshye kubona umwanya wo gukora siporo. Uko byagenda kose ariko, umuntu yihaye gahunda yo gukora...
Gupfuruta kubera kurya ibiryo runaka ni ibyo abahanga mu buvuzi bita ‘food allergy.’ Abantu bazakubwira ko iyo bariya amafi, amagi, ubunyobwa, ingano, soya na sesame bapfuruta. ...