Polisi y’u Rwanda iri mu gikorwa cyo kwibutsa Abanyarwanda ibitera inkongi n’uburyo bazirwanya ntizangize byinshi harimo no guhitana ubuzima bw’abantu. Ni ubukangurambaga buje nyuma y’inkuru zimaze...
Amakuru Taarifa yakuye muri bamwe mu baturage bo muri Kimisagara avuga ko mu gace kuriya murenge gaturanye na Nyabugogo hari igaraje riri gushya. Ni igaraje rituriye...
Zimwe mu nzu z’ibitaro bya Kibagabaga zaraye zifashwe n’inkongi. Izahiye ni iy’icyumba cy’umukozi usuzuma ibipimo byafashwe ku barwayi n’indi ibikwamo amakuru, iyo nzu bayita server room....