U Rwanda rwakiriye inkingo 398,000 za COVID-19 zo mu bwoko bwa Pfizer rwahawe n’u Bufaransa, binyuze muri gahunda mpuzamahanga yo gufasha ibihugu kubona inkingo z’iki cyorezo...
Ikigo Groupe Bolloré gikomeye cyane cyo mu Bufaransa cyaba kiri mu rugendo rwo kugurisha ubucuruzi bwacyo muri Afurika bunyuzwa muri Bolloré Africa Logistics, nk’uko ikinyamakuru Le...
Kuri uyu wa Mbere tariki 11 Ukwakira, Urukiko rwa gisirikare rw’i Ouagadougou muri Burkina Faso ruratangira kuburanisha urubanza rw’abakekwaho kwica Thomas Sankara. Sankara wafatwaga nk’umuyobozi w’impinduramatwara...
Abacamanza b’Urukiko rwa Paris bemeje ko Umunyarwanda unafite ubwenegihugu bw’u Bufaransa Philippe Hategekimana atangira kuburanishwa ku byaha bya Jenoside, ubufatanyacyaha muri jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu byabaye...
Doumbouya ni we muri iki gihe uyobora Guinée Conakry nyuma yo guhirika ubutegetsi bwa Alpha Condé watangiye kuba Perezida wa kiriya gihugu mu mwaka wa 2010....