Dr Thierry B.Murangira avuga ko mu gihe kingana n’umwaka, ni ukuvuga guhera muri Nyakanga, 2020 kugeza muri Kamena, 2021, Abanyarwanda 285 biyahuye. Ubusanzwe kwiyahura ni ikibazo...
Taarifa yabonye amafoto yerekana uko ahakorerwaga inzoga yitwa Huguka Ginger Drink hasa. Iyo urebye umwanda uhari haba mu bikoresho, mu nzu bikoreramo n’ahandi ukibuka ko iyo...
Urwego rw’ubuzima mu Rwanda rushimirwa ingamba rwafashe kugira ngo habeho kwirinda indwara ariko habeho n’uburyo bwo kuzivuza. Icyakora hari amakuru aherutse gutangazwa na raporo y’umugenzuzi mukuru...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS/WHO, ryatangaje ko mu mwaka wa 2021 abana bangana na miliyoni 25 hirya no hino ku isi batigeze bakingirwa izindi...
Minisiteri y’ubuzima yasohoye itangazo rivuga ko bibujijwe gukora inkuru ku miti cyangwa ibikorwa by’ubuvuzi. Itangazo ry’iyi Minisiteri rivuga ko umuntu wemerewe kwamamaza imiti cyangwa ibikorwa by’ubuvuzi,...