Inzego z’ubuzima za Israel zitangaje ko zigiye kubaka ibitaro bigenewe by’umwihariko impunzi zahunze intambara iri kubera muri Ukraine zikaba zikeneye ubuvuzi. Minisitiri w’ubuzima wa Israel witwa...
Mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi u Rwanda hari ibyo rwari rwaragezeho. Hari imihanda ya kaburimbo yari ihari, imiturirwa, ibibuga by’umupira w’amaguru, amashuri n’ibindi. Uwavuga ko nta...
Mu ijambo yagejeje ku bashyitsi bari batumiwe mu gikorwa cyo kumirika icyuma gisuzuma niba inyama z’umubiri w’umuntu zitarwaye kitwa MRI(Magnetic Resonance Imaging)giherutse kugurwa n’ibitaro Legacy Clinics,...
Minisiteri y’Ubuzima ya Uganda yatangaje ko ubwandu bushya bwa COVID-19 bukomeje kuzamuka cyane, aho ibipimo bishya byagaragaje ko abantu banduye ari 22% ugereranyije n’abapimwe. Kuri uyu...
Saa cyenda zuzuye ku isaha y’i Kigali, nibwo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ari bugeze ijambo ku batuye u Rwanda akababwira uko uyu...