Ikigo kiswe Health Tech Hub kigiye kubakwa mu Rwanda mu rwego rwo gufasha abahanga udushya mu by’ubuvuzi bukoresha ikoranabuhanga kubona aho bakorera hujuje ibisabya. Uyu mushinga...
Indwara ikomeye yiswe Monkeypox yadutse ku isi, imaze kugera mu bihugu 12 kandi mu gihe cy’umunsi umwe ni ukuvuga ku taliki 21, Gicurasi, 2022 yafashe abantu...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita k’ubuzima, WHO/OMS, rivuga ko mu gihe kiri imbere kandi kitarambiranye ku isi hazaduka ubundi bwoko bwa COVID-19 bwihinduranyije bwandura vuba kandi bukazahaza...
Ikawa ni ikinyobwa gifitiye umubiri w’umuntu akamaro karenze kuba ‘kazumbature y’ubwonko’. Ubushakashatsi bumaze imyaka 10 bukorwa n’abahanga mu butabire bw’ikinyobwa cy’ikawa bwerekana ko uretse kuba ikawa...
Ahitwa Kagugu mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo hagiye kubakwa ikigo kita ku babyeyi( maternity center) kizafasha abagore batwite kubyarira kwa muganga kandi hafi...