Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije avuga ko iyo urebye uko imibare y’Abanyarwanda bakoresheje ikoranabuhanga basaba cyangwa batanga serivisi z’ubuzima imeze muri uyu mwaka wa 2021, ubona...
Nyuma y’inama y’Iminsi ibiri yaberaga i Roma mu Butaliyani yahuje Abakuru b’ ibihugu 20 bya rutura ku isi, ariko n’u Rwanda rukaba rwarayitumiwemo nk’ijwi ry’Afurika, abayitabiriye...
Abayobozi mu Rugaga nyarwanda rw’abaganga rwitwa Rwanda Medical and Dental Council bavuga ko n’ubwo batashyigikira bagenzi babo bitwaye nabi bikaviramo umurwayi urupfu, ariko ko gufunga ibitaro...
Abayobozi muri Kaminuza mpuzamahanga y’ubuzima n’ubuvuzi kuri bose yitwa University of Global Health Equity n’abo mu Nzu ndangamurange y’amateka y’u Rwanda batangiye imikoranire izamara imyaka ibiri....
Impanuka ya mbere umuntu ahura nayo kandi bikarangira imuhitanye ni ukuvuka. Ibi ni rusange ku bantu bose ariko ku bana bavuka bagasanga hari umwe mu babyeyi...