Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikoranabuhanga Mu Bakobwa Rikomeje Gutezwa Imbere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ikoranabuhanga Mu Bakobwa Rikomeje Gutezwa Imbere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 April 2023 12:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakobwa bafite hagati y’imyaka icyenda n’imyaka 16 y’amavuko biga mu mashuri yisumbuye bahurijwe hamwe bibutswa ko kwiga ikoranabuhanga ari ingenzi mu myigire n’iterambere ryabo.

Kubahuza byakozwe n’ikigo kitwa Coderina EdTech, ku munsi mpuzamahanga wahariwe umukobwa mu ikoranabuhanga bita International Girls in ICT.

Coderina EdTech ni ikigo gitanga ubumenyi mu by’ikoranabuhanga gikorera mu Rwanda, kikagira intego yo kuryigisha hagamijwe kubaka ubumenyi n’ubushobozi bw’abakobwa mu by’ikoranabuhanga.

Abibandwaho muri iyi gahunda ni abakobwa kugira ngo bemenye ubushobozi bafite mu ikoranabuhanga babubyaze umusaruro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Abakobwa bashishikarizwa kwitabira ikoranabuhanga

Imwe mu ngingo zaranze iriya nama ni ukwibutsa abakobwa ko bifitemo n’ubushobozi bwo kuyobora kandi bigakorwa no mu ishoramari bakoze.

Umuyobozi wa Coderina Ed-Tech witwa Ange Gabriella Ndekezi avuga ko guha abakobwa ubumenyi mu ikoranabuhanga ari ingenzi kugira ngo biteze imbere kandi bigirire n’igihugu akamaro.

Umwe mu baharanira iterambere rya muntu akaba n’umuhanga mu by’ikoranabuhanga witwa Sylvie Nsanga nawe yashishikarije abakobwa kwitabira ikoranabuhanga kuko rifasha mu iterambere rya muntu n’iry’igihugu muri rusange.

Umukobwa witwa Lina Dusa Ngabire yabwiye The New Times ko yishimira ko yahawe buriya bumenyi kandi ko ibyo yumviye muri iriya nama byamuteye akanyabugabo ko gukomeza gushakisha ubumenyi mu by’ikoranabuhanga.

TAGGED:AbakobwaIkorabuhangaIterambereUmukobwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutabera Bwa Kenya Bwemeje Ko Imitungo Ya Kabuga Ikomeza Gufatirwa
Next Article Ubwinshi Bw’Imodoka Z’i Kigali Buzamura Ubushyuhe Bw’Ikirere Cy’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Icyayi Gikomeje Kwinjiriza u Rwanda Amadovize Menshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umunyarwanda Yatorewe Kuyobora UN Yungirije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

U Rwanda N’Ibihugu Bya Afurika Mu Guhuza Amabwiriza Y’Ubuziranenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?