Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyanza: Umushumba Aravugwaho Gusambanya Umwana W’Incuke
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyanza: Umushumba Aravugwaho Gusambanya Umwana W’Incuke

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 August 2023 10:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umusore w’imyaka 17 y’amavuko wo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza akurikiranyweho gusambanya incuke ifite imyaka ine y’amavuko. Ni umwana w’umuturanyi w’aho uwo musore yaragiraga inka.

Bivugwa ko uwabikoze akomoka mu Kagari ka  Nzaratsi, Umurenge wa Murundi mu Karere ka Karongi.

Bagenzi bacu ba UMUSEKE bakorera mu Karere ka Nyanza bavuga ko amakuru bahawe n’abaturage avuga ko iriya ngimbi yari ivuye kwahira ubwatsi bw’inyana hanyuma isanga uwo mwana iwabo iramusambanya.

Umwe muri abo baturage yagize ati: “…Umwana yumvise aribwa mu gitsina nibwo kujya kubibwira Se, amutekerereza uko undi yabigenje.”

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busasamana Egide Bizimana yemeje ko iyo ngimbi yatawe muri yombi.

Ati: “Umwana yagejejwe kwa muganga ku bitaro Bikuru bya Nyanza, naho ukekwaho icyaha yajyanwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Busasamana.”

Uriya musore ngo yaje i Nyanza ashaka akazi, abona ako kuragira inka.

Gitifu asaba abantu kubaha umwana bakirinda kumuhohotera kuko uretse no kwangiza ubuzima bwe ufashwe akgazwa mu nkiko, ahabwa igihano kiremereye cyane.

TAGGED:BusasamanafeaturedGusambanyaIncukeKarongiNyanzaUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Pariki Y’Akagera Icumbikiye Inzovu 140
Next Article Ubwongereza Bwimye Visa Umunyarwandakazi Washakanye N’Umwongereza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?