Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba u Rwanda rukorana na Seychelles kandi uyu mubano ukaba ugomba gukomeza, bishingiye ku ngingo y’uko ubuyobozi bw’ibi bihugu bugamije ko...
Imirimo yo kubaka ibiraro byangijwe n’amazi ava mu birunga igeze ku kigero kiri hejuru ya 90%. Ibi biraro biri mu Mirenge ya Nkotsi na Shingiro mu...
Abaturage bo mu Mudugudu w’ikitegererezo wa Kitazigurwa babwiye Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda Hon Espérance Nyirasafari na Hon Evode Uwizeyimana ko biyogazi zabo zumwe. Bavuga...
Abasenateri bose batangiye ingendo mu turere twose tw’u Rwanda mu rwego rwo kureba uko muri rusange abaturage babayeho. Ni uturere tw’Intara zose n’Umujyi wa Kigali, bakazibanda...
Ubuyobozi bwa Philippines( ni igihugu kiri mu bikikijwe n’ibirunga byinshi kandi biruka)bwaraye bwimura abaturage benshi mu rwego rwo kubahungisha ikirunga cyatangiye kuzamura amahindure. Iki kirunga kitwa...