Mu Rwanda3 years ago
Ruhango: Abakozi b’Akarere bashinja Meya kubatoteza, we arabihakana
Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango Bwana Valens Habarurema yaraye ahakanye ibivugwa na bamwe mu bakozi bo mu biro by’Akarere bamushinja kubatoteza. Hari mu kiganiro yahaye abanyamakuru. Bamwe...