Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverinoma Yihanganishije Ababuriye Ababo Mu Mpanuka Yabereye i Rulindo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Guverinoma Yihanganishije Ababuriye Ababo Mu Mpanuka Yabereye i Rulindo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 February 2025 11:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’Intebe mu Rwanda irihanganisha imiryango y’abantu 20 bapfiriye mu mpanuka yaraye ibereye hafi y’ahitwa ku Kirenge mu Murenge wa Rusiga muri Rulindo.

Bisi yari irimo abantu bagera kuri 50 yaraye ihirimye mu kabande, amakuru abanza kubika abantu 16 bahise bahagwa ariko ubu bamaze kugera kuri 20.

Itangazo ryo muri Minisiteri y’Intebe rivuga ko Guverinoma y’u Rwanda yihanganisha ababiriye ababo muri iyo mpanuka ikomeye cyane.

Guverinoma ivuga ko iri butange ubufasha  bukenewe ku miryango yaburiye ababo muri yo mpanuka.

Iryo tangazo risaba abatwara ibinyabiziga kujya bitwararika, bagakurikiza amategeko agenga umuhanda kugira ngo hirindwe impanuka zihitana benshi.

TAGGED:featuredGuverinomaimodokaImpanuka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Isasu Ryavuye Muri DRC Ryica Umunyarwanda
Next Article Tanzania: Min Ugirashebuja Ari Kuburanira u Rwanda Mu Rubanza Rwarezwemo Na DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?