Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikibuga Cy’Indege Cya Kigali Ni Icya Mbere Gicyeye Muri EAC- Raporo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ikibuga Cy’Indege Cya Kigali Ni Icya Mbere Gicyeye Muri EAC- Raporo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 August 2021 2:19 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Raporo yasohowe n’Ikigo kitwa Sky Trax World Aiports Awards ivuga ko  ikibuga cy’indege cya Kigali ari cyo cya mbere gifite isuku mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba, kibaka icya munani muri Afurika.

Muri Afurika ikibuga cy’indege cya mbere mu isuku no kugira abagenzi benshi ni icy’i Cape Town muri Afurika y’Epfo.

Ku isi ikibuga cy’indege cya mbere cyubatse neza kandi kigira abagenzi benshi ni icy’i Doha muri Qatar.

Kitwa Hamad International Airport.

Iki kibuga kitwa Hamad International Airport nicyo cya mbere ku isi kinini kandi gitanga serivisi nziza

Ikibuga cy’indege cya Kigali kiri mu Murenge wa Kanombe, Akarere ka Kicukiro.

Giherutse kwagurwa kugira ngo kirushaho kwakira indege nyinshi.

Ikibuga cy’indege cya Bugesera kiri kubakwa kandi ku bufatanye na Qatar

Hagati aho, hari ikindi kibuga kiri kubakwa mu Karere ka Bugesera kitezweho kuzaba ari icya mbere muri Afurika y’i Burasirazuba mu kwakira abagenzi benshi no mu gutanga serivisi zinoze.

Kigali ni iya munani muri Afurika ikaba iya mbere mu Karere u Rwanda ruherereyemo
TAGGED:BugeserafeaturedIkibugaIndegeKigaliQatarRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Lungu ati: “ Ngomba Kwemera Ibyavuye Mu Matora Ngatanga Ubutegetsi’
Next Article Arteta Utoza Arsenal ‘Ashobora’ Kwirukanwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?