Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abari Bahagaririye U Rwanda Muri EALA Bishimira Ibyo Bayigejejeho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abari Bahagaririye U Rwanda Muri EALA Bishimira Ibyo Bayigejejeho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 December 2022 10:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abari  bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Ibirasirazuba   muri manda icyuye igihe, bishimira uruhare bagize mu mikorere yayo, k’ubufatanye na bagenzi babo.

Umwe muri bo ni Hon Oda Gasinzigwa.

Ati: “ Ndashimira Inteko rusange mwese k’ukuba mwarashyigikiye umuyobozi wacu, kuko ubushobozi n’ubuhanga bwose yari kugira ntacyo byari kumugezaho mu gihe mwari kuba mutabimufashijemo.’’

Undi witwa Jean Claude Barimuyabo avuga ko muri iriya Manda yashoboye gutambutsa itegeko, akora ubugenzuzi ndetse n’ubukangurambaga ku mategeko runaka.

Ku rundi ruhande, bagenzi babo batorewe gukomeza mu yindi manda, nabo barabyishimira bakavuga ko bazakomereza aho bagenzi babo bashurije ikivi.

Manda ya gatanu izatangira imirimo mu Cyumweru kizatangira Taliki 19, Ukuboza, 2022.

Umwe muri aba Badepite ni Hon Fatuma Ndangiza ati: “Dufashe nk’urugero rwo mu bucuruzi hari igihe usanga abagore  badafite amakuru ko ushobora gutambutsa ku mupaka ibintu bifite agaciro katarengeje $2000 utarishye igihe cyose ugaragaje ikigaragaza ko byakorewe muri aka karere.”

Ndangiza avuga ko  hari amahirwe atandukanye byaba ari mu guhuza za gasutamo n’ibirebana.

Yavuze kandi ko u Rwanda rwinjiye no mu isoko rya Afurika bityo ngo abacuruzi barwo bagomba gukangurirwa kwitabira ubwo bucuruzi  kandi abagore ntibasigaze inyuma.

Uwayoboraga EALA muri iyi Manda ya kane witwa Hon Martin Ngoga avuga yashimiye bagenzi ubufatanye n’umurava byatumye bagera kuri byinshi

Biteganijwe ko ku wa kabiri w’icyumweru ‘gitaha’, Abadepite 63  bahagarariye ibihugu byose bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC bazatangira imirimo.

Barimo Abadepie  icyenda bazaba bahagarariye Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo izaba yinjiye muri EALA ku nshuro yayo ya mbere.

TAGGED:AbadepiteAfurikaEALAfeaturedNgogaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Imvubu Yatamiye Umwana W’Imyaka Ibiri
Next Article Abayobozi Basabwe Gukemura Ibibazo Mbere Y’Uko Bigezwa Kuri Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?