Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyanza: Abarimu Bakurikiranyweho Gukuriramo Inda Umukobwa W’Aho Bigisha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyanza: Abarimu Bakurikiranyweho Gukuriramo Inda Umukobwa W’Aho Bigisha

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 July 2023 9:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru  avuga ko mu Murenge wa Kigoma, Akarere ka Nyanza ahari ikigo cy’amashuri kitwa Sainte Trinité de Nyanza hari abarimu bane batawe muri yombi n’urwego rw’ubugenzacyaha nyuma y’uko bafashwe bari gukuriramo inda umukobwa w’aho bigishaga.

Iki kigo kiri ahitwa mu Butantsinda.

Bivugwa ko bafatiwe mu rugo rw’umwe muri abo bari gukora icyaha bakurikiranyweho.

Amakuru avuga ko abo barium bari bamaze kumuha imiti ituma inda ivamo.

Bafashwe ku bufatanye bwa Polisi n’abaturage.

Umukobwa bakuriragamo inda afite imyaka 21 y’amavuko.

Abakurikiranyweho biriya byaha ni Mugabo Fidele w’imyaka 34, akaba yari ashinzwe n’imyitwarire myiza mu kigo, Sibomana Venuste w’imyaka 29 akaba ari umwarimu, Aduhire Prince Thiery w’imyaka  20 akaba ari umwarimu na Amahirwe Mugisha Victory  w’imyaka 24 akaba ari  umwarimu.

Uyu munyeshuri  yoherejwe mu Bitaro bya Ruhango kugira ngo yitabweho.

Abakekwa bakaba bafungiye kuri RIBA ya Ruhango.

Urwego rw’ubugenzacyaha bushimira abaturage k’ubufatanye berekana mu gutanga amakuru atuma abakekwaho ibyaha bafatwa.

Umuvugizi w’uru rwego Dr. Thierry B.Murangira yabwiye Taarifa ko kuba batanze amakuru agatuma bariya bantu bafatwa ari urugero rwiza rw’ubufatanye mu gukurikirana abanyabyaha.

Ati: “ Uru ni urugero rwiza mu rwego rwo kurwanya no gukumira ibyaha. Abaturage bakomeze ubwo bufatanya, rwose ntihakagire uhishira icyaha.”

TAGGED:featuredGukuramoGusambanyaIndaNyanzaUbugenzacyahaUmukobwaUmuvugizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rurashaka Kwihaza Ku Barimu Bazi ‘Neza’ Icyongereza
Next Article Ingabo Za SADC Zizajya Muri DRC Muri Nzeri 2023
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?